Ubuyapani bugiye gusohora ububiko bw'igihugu bw'ibiva kuri peteroli

Ahavuye isanamu, Reuters
Minisitiri w’intebe w'UbuyapaniSanae Takaichi yavuze ko ku wa kane buzatangiragusohora igice cy’ububiko bwabwo bw’ibiva kuri peteroli, mu gusubiza ku mpungenge zikomeje kwiyongera zijyanye n'ubucuruzi bwabyo.
Mu butumwa yashyize ku rubuga nkoranyambagarwa X, Takaichi yavuze ko “guhera muri iki cyumweru ku itariki ya 26, tuzatangira gusohora ububiko bw’igihugu”.
Ubwo butumwa buvuga ko Ubuyapani bwari busanzwe bwaratangiye gukoresha ububiko bw’abikorera mu cyumweru gishize kugira ngo haboneke “ingano ikenewe ku gihugu cyose cy’Ubuyapani”.
Hafi ya 95% by’ibiva kuri peteroli Ubuyapani bukoresha binyura mu muhora wa Hormuz.
Izindi nkuru wasoma:


